Komite nshya ya Rayon Sports yabwiwe ko kuri ubu ifite ibiro byo gukoreramo, inzu izabamo abakinnyi mu mwiherero ndetse hamaze kuboneka ibikombe bitanu mu bisaga 15 ikipe yatwaye.<br /><br />Ubwo Komite ya Murenzi Abdallah yasimburaga iya Munyakazi Sadate yahagaritswe na RGB muri Nzeri, yari yahawe ibikombe bibiri gusa, ibindi bikaba bifitwe n’abahoze mu buyobozi n’abakunzi b’iyi kipe.<br /><br />Subscribe: https://www.youtube.com/IgiheTV?sub_confirmation=1<br />Facebook: https://web.facebook.com/igihe<br />DailyMotion: https://www.dailymotion.com/igihetelevision<br />Twitter: https://twitter.com/IGIHE<br />Instagram: https://www.instagram.com/igiheofficial<br />Flickr: https://www.flickr.com/photos/igihepictures/<br />Website: http://igihe.com/<br /><br />#IGIHE #Rwanda #RayonSports
